Gushyira amafaranga kuri Tap&Go ukoresheje telephone
![frw kuri tap &go na mobile money](https://i0.wp.com/techinika.com/wp-content/uploads/2023/10/frw-kuri-tap-go-na-mobile-money.png?fit=768%2C432&ssl=1)
Banki y’isi ivuga ko nibura buri kwezi, amafaranga arenga ibihumbi 200,000 by’amafaranga y’u Rwanda byoherezwa mu Rwanda n’abanyarwanda baba mu mahanga. Ndetse n’abanyarwanda na bo, hari andi bohereza mu mahanga. Ariko ushobora kuba wibaza uti, ese ni gute njye nabikora…
Keretse uramutse udakoresha ikoranabuhanga, naho ubundi biragoye ko waba ugeze ubu utarumva ijambo, crypto currency cyangwa bitcoin, abantu bakavuga ko ari uburyo bushya bugezweho bwo gukorera amafaranga menshi, bakaguha n’ingero. Ariko nk’abandi bantu benshi, hari amahirwe menshi yuko udasobanukiwe ibyo…
Uyu munsi tariki ya 25 Werurwe 2022, ni umunsi wa gatanu wa nyuma w’ukwezi kwa Werurwe. Nkuko bisanzwe mu muco wa Techinika, buri wa gatanu wa nyuma w’ukwezi, tugira ikiganiro kitwa Iga na techinika. Muri iki kiganiro, tukaba dutumira abantu…
Kera ntangira kwandika, nabikoraga mbikunze. Ariko abantu bamwe bakanca intege ngo ntacyo bizangezaho, ngo ni ugutakaza umwanya w’ubusa gusa. Byaje kurangira mbigabanyije ndeka kwandika kugeza ubwo naje gusobanukirwa ko kwandika bitarangirira mu kwandika ahubwo bishobora no gufasha umuntu mu buzima…
Akamaro ka telephone k’ibanze, ni uguhamagara no kwitaba, gutumanaho muri make. Ariko aho haziye telephone zikoresha murandasi, zatanze ubushobozi burenze guhamagara na kwitaba gusa. Ufite interineti, uba ufite isi mu biganza byawe. Ushobora kumenya buri kimwe ushatse, ushobora kumenya uko…