Gushyira amafaranga kuri Tap&Go ukoresheje telephone
![frw kuri tap &go na mobile money](https://i0.wp.com/techinika.com/wp-content/uploads/2023/10/frw-kuri-tap-go-na-mobile-money.png?fit=768%2C432&ssl=1)
Banki y’isi ivuga ko nibura buri kwezi, amafaranga arenga ibihumbi 200,000 by’amafaranga y’u Rwanda byoherezwa mu Rwanda n’abanyarwanda baba mu mahanga. Ndetse n’abanyarwanda na bo, hari andi bohereza mu mahanga. Ariko ushobora kuba wibaza uti, ese ni gute njye nabikora…
Keretse uramutse udakoresha ikoranabuhanga, naho ubundi biragoye ko waba ugeze ubu utarumva ijambo, crypto currency cyangwa bitcoin, abantu bakavuga ko ari uburyo bushya bugezweho bwo gukorera amafaranga menshi, bakaguha n’ingero. Ariko nk’abandi bantu benshi, hari amahirwe menshi yuko udasobanukiwe ibyo…
Akamaro ka telephone k’ibanze, ni uguhamagara no kwitaba, gutumanaho muri make. Ariko aho haziye telephone zikoresha murandasi, zatanze ubushobozi burenze guhamagara na kwitaba gusa. Ufite interineti, uba ufite isi mu biganza byawe. Ushobora kumenya buri kimwe ushatse, ushobora kumenya uko…
Waba warigeze ushaka kohereza amafaranga ku muntu uri mu mahanga cyangwa wowe ushaka kuyohererezwa ukabura uburyo bworoshye bwabigufashamo? Urabizi ukuntu bigora, uva aha, ujya aha, ndetse rimwe na rimwe ugakatwa amafaranga menshi ukakira hafi y’ubusa. Ibi bibazo byose rero n’ibindi…
Hari ubukangurambaga bumaze iminsi bukwirakwizwa, bukangurira abantu kwirinda no kurwanya ubutubuzi cyangwa uburiganya bukorerwa ku ma telefone. Bumwe mu buriganya bukoreshwa ni ukohererezwa message ikubwira ko wakiye amafaranga runaka, noneho undi muntu agahita aguhamagara akakubwira ngo yibeshye amafaranga arayoba, akagusaba…