Ni gute wohereza amafaranga aturuka cyangwa ajya mu mahanga
![SENDING MONEY](https://i0.wp.com/techinika.com/wp-content/uploads/2023/05/SENDING-MONEY-IN-RWANDA-1.png?fit=768%2C432&ssl=1)
Banki y’isi ivuga ko nibura buri kwezi, amafaranga arenga ibihumbi 200,000 by’amafaranga y’u Rwanda byoherezwa mu Rwanda n’abanyarwanda baba mu mahanga. Ndetse n’abanyarwanda na bo, hari andi bohereza mu mahanga. Ariko ushobora kuba wibaza uti, ese ni gute njye nabikora…